Ibimera ku mubumbe ni umuryango ugamije gukangurira abana ndetse n’abantu bakuru ku bijyanye n’imihindagurikire y’ikirere n’ubutabera ku isi . ni igikorwa ikora kandi mu gutera ibiti kandi ibona ko iki ari igikorwa gifatika kandi cyi kigereranyo mu rwego rwo kugabanya ingaruka z’imihindagurikire yi kirere. Muri 2011, yageze ku ntego yo gutera ibiti miliyoni. [1]
Uyu muryango uri mu bafatanyabikorwa b’urufatiro rwa Fondasiyo f 20, umuyoboro mpuzamahanga wi mishinga ni miryango ya bagiraneza. [2]