Tychique Ntela Kalema ni umukinnyi ukina umupira w'amaguru ukomoka muri congo (DRC) ukinira CSMD Diables Noirs muri Repubulika ituranye ya Kongo .
Kalema yatangiye umwuga we muri SC Cilu, asinyana nayo muri 2008 na AS Vita Club [1] .
Yitabiriye na AS Vita Club mu gikombe cya CAF Orange Confederations Cup muri 2010 [2] .
Ku ya 5 Gashyantare 2010 , avuye hamwe na Serge Lofo Bongeli ikipe ye ya AS Vita Club [3], basinyana n’ikipe yo mu Budage ya Rot Weiss Ahlen .
Kalema yatoranijwe rimwe gusa Ingwe ya DR Congo . Uyu ni umukino wakinnye na Togo, Ku ya 8 Nzeri 2013 . Uyu mukino bawutsinzwe 2-1, uri mukino wari mu majonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cyisi muri 2014 .
Ahagarariye igihugu inshuro cumi n'ibiri zose, ubaze imikino yakinnye n'ikipe ya A ' [4] . Mu bindi, yari mu ikipe muri Shampiyona y’ibihugu by’Afurika yo muri 2009 [5] .